skol

Amakuru

Paris: Uwarokotse Jenoside yagaragaje intimba aterwa no kuba imodoka ye yarifashishijwe mu bwicanyi mu Bisesero

Umutangabuhamya mu rubanza rw’ubujurire rwa Claude Muhayimana, yagaragarije Urukiko rwa Rubanda (…)

Ingendo za RwandAir zarogowe n’imyigaragambyo y’abakozi bo ku kibuga cy’indege muri Kenya

Sosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko ingendo ikorera muri (…)

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Denmark mu ruzinduko ruzasiga afunguye ambasade mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Denmark, Lars Løkke Rasmussen ari mu ruzinduko mu Rwanda, (…)

Rutsiro: Uwari watashye ubukwe yasanzwe yapfuye hakekwa ubusinzi

Heshunda Gaetan w’imyaka 46 wari utuye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Rugeyo, Umurenge wa (…)

Ndayishimiye yiyemeje kurangiza intambara muri Congo

Evariste Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’Uburundi akaba na Perezida w’Umuryango wa Afurika (…)

RSF yishe abantu 6000 mu minsi itatu

Raporo y’Umuryango w’Abibumbye, Loni, yagaragaje ko abantu barenga 6.000 bishwe mu minsi itatu (…)

Gatsibo: Umugore yasanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’Abakundana, ahita yiyahura

Umugore w’imyaka 24, witwa Uwase yiyayuhuye nyuma y’uko asanze umugabo bigeze kubana nk’umugore (…)

Rusizi: Icyumba araramo cyahiriyemo ibirimo amafaranga 200.000

Inzu ya Habiyaremye Eliel w’imyaka 32, umugore we n’abana 6 barimo impanga z’amezi 7 yahiriyemo (…)

Perezida Obama yemera ko ‘Aliens’ zibaho

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ko yemera ko ibivejuru (…)

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe

Abatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida (…)

Umuhanda Muhanga-Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’uko mu (…)

Perezidansi ya Afurika y’Epfo yibeshye ku izina rya Tshisekedi

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Afurika y’Epfo byibeshye ku mazina ya Perezida wa Repubulika (…)

Nigeria: 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka

Abantu 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka nk’uko (…)

Perezida Ramaphosa yasabye umuryango wa Afurika yunze ubumwe gufatanya mu kugarura amahoro mu karere

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuze ko Afurika ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye (…)

Mottley wongeye gutorerwa kuyobora Barbados yijeje ubufatanye n’u Rwanda

Mia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, (…)