skol

Amakuru

U Rwanda ntirushaka u Burundi mu biganiro byo kurwunga na RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko kuba (…)

Nyamasheke: Impanuka y’imodoka yakomerekeje umumotari n’uwo yari ahetse

Moto ifite pulake RJ 951 yari itwawe na Nshimiyimana Pierre w’imyaka 21 yaguye mu modoka ifite (…)

AFC/M23 yamaganye uguceceka kw’amahanga mu gihe ingabo za Leta zikomeje kwica abasivili

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye (…)

Amerika ibereyemo Loni umwenda wa miliyari 4$

Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziwubereyemo imyenda igera kuri (…)

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho (…)

Muhanga: Abijejwe amazi meza bagaheba, bagiye kuyagezwaho mu mezi 3

Abaturage batuye mu Murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu Midugudu ya Matsinsi na Rwamaraba, (…)

MINISPORTS yasabwe ibisobanuro ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro

Abadepite babajije Minisitiri wa Siporo ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro bijyanye (…)

AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Gen Maj Muhanguzi wa Uganda yagaragaje ko RDC itakabaye icumbikira abanzi b’u Rwanda

Umuyobozi wa Diviziyo ya 2 y’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Maj Paul Muhanguzi, (…)

Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC

Perezida Kagame yakiriye Komiseri muri Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ushinzwe (…)

Urwango Muhayimana ’afitiye Abatutsi’ rwamutandukanyije n’umugore

Urubanza rw’Umunyarwanda Muhayimana Claude wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu (…)

Amerika igiye kuvana ingabo zose muri Syria

Amerika yatangaje ko mu mezi make ari imbere izaba yavanye ingabo zayo 1000 muri Syria, ndetse (…)

U Buyapani bwahaye PAM Rwanda inkunga y’asaga miliyoni 900Frw

Umuryango w’Abibumbye Ushinzwe ibiribwa ishami ry’u Rwanda, PAM Rwanda watangaje ko wakiriye (…)

U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco

Abayobozi b’u Bufaransa, batangiye gupkora iperereza ku masezerano y’ubufatanye ya milioni 4.8 (…)

Rubavu: Yafatiwe mu ruganda rwa BRALIRWA ari kwiba insinga z’amashanyarazi

Umusore witwa Uwimpuhwe Eric w’imyaka 35, yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu ruganda rwa (…)