skol

Amakuru

Musanze: Ba Ofisiye b’ibihugu 20 bishimiye gusangira imico gakondo

Abasirikare bakuru bo ku rwego rwa Ofisiye, baturutse mu bihugu bigera kuri 20 biga mu Ishuri (…)

Ingabo za Amerika ziri gusuzuma uko zakorana n’iza RDC

Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) (…)

Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok

Umuhanzi uri mu bafatirwaho urugero muri Uganda Bebe Cool yemeje ko yagize uruhare mu gutanga (…)

Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko yizeye ko ibiganiro byamuhuje n’u Burusiya na (…)

Umukobwa wa Mandela yatsinze urubanza rwo kugurisha imitungo ya Se

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Afurika y’Epfo rwatesheje agaciro ubujurire bw’Ingoro Ndangamurage (…)

Igiciro cya Zabahu cyatumbagiye

Igiciro cya Zahabu cyageze ku madolari 151,75 ku igarama rimwe nyuma y’aho abashoramari (…)

Inzu ya miliyari 28 Frw ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

nzu ya Nicki Minaj iherereye mu gace k’abaherwe ka Hidden Hills muri Los Angeles muri Leta Zunze (…)

Tshisekedi ashaka kugaba ibitero byo kwisubiza ibice bigenzurwa na AFC/M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, afite intego (…)

Abafana bo mu Bwongereza bihaye Gianni Infantino

Abafana b’umupira w’amaguru mu Bwongereza bihaye Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku (…)

Abashinwa baba mu Rwanda batangiye ibihe by’umunezero

Umuryango w’Abashinwa baba mu Rwanda wizihije Umwaka Mushya w’Abashinwa (Lunar New Year) wa (…)

Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatanze igitekerezo gisa no gutebya (…)

Depite Jackson abona ko ibihugu by’ibituranyi bikwiye kungukira mu mabuye y’agaciro yo mu burasirazuba bwa RDC

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ronny Jackson, abona ko (…)

U Rwanda rwashimye imikoranire rufitanye Pologne

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko (…)

Abashakashatsi barimo Umunyarwanda bagaragaje ingaruka za pulasitiki mu bihugu 26 birimo n’u Rwanda

Itsinda ry’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Curtin muri Australia bafatanyije n’Umunyarwanda (…)

U Rwanda rwemeje ko hari imikoranire rufitanye na AFC/M23

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, (…)