skol

Amakuru

Hatangajwe amakuru ku Banyafurika y’Epfo bisanze mu ntambara y’u Burusiya nyuma yo kwizezwa ibitangaza

Abantu 11 mu itsinda rya 17 bo muri Afurika y’Epfo bisanze barwanira u Burusiya mu ntambara yo (…)

Ubutumwa bwa mbere bw’umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 buca amarenga y’urupfu rwa Willy Ngoma

Mu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy (…)

Nyamasheke: Inzu yafashwe n’inkongi y’umuriro hakekwa amashanyarazi

Inzu y’umuryango w’abantu 5 ya Abizeye Pascaline w’imyaka 40, iri mu Mudugudu w’imiturire (…)

Uhagarariye u Rwanda muri America yitabiriye umuhango Trump yavugiyemo ijambo rizwi nka ‘Union Address’

Uhagarariye u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za America, Mathilde Mukantabana yitabiriye umuhango (…)

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo (…)

Muhanga: Hagiye gusiburwa inzira z’amazi yangizaga imyaka y’abaturage

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga bwahumurije abaturage batuye mu Midugudu (…)

Ghana: Ikibuga cy’indege cya ‘Kotoka’ cyahinduriwe izina

Guverinoma ya Ghana yatangaje ko yamaze gusiba ku kibuga mpuzamahanga cy’indege izina ry’umwe mu (…)

Urujijo ku ndege yageze i Miami yatobowe n’isasu

Indege ya sosiyete ya American Airlines yavaga muri Colombia, yasanzwemo umwobo bigaragara ko (…)

Ingabo z’u Rwanda zavuye abagororwa bo muri Centrafrique

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri (…)

Umushinga urwanya ubukene, Give Directly ugiye guha Abanyarwanda Miliyari 218 Frw

U Rwanda na Give Directly uyu munsi basinyanye amasezerano y’imyaka itanu agamije kwihutisha (…)

Uganda: Abagore bafunzwe bazira gusomanira mu ruhame

Polisi yo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda yatangaje ko yafashe abagore babiri (…)

Kara Braxton wegukanye WNBA inshuro ebyiri yapfuye

Kara Braxton wabaye umukinnyi ukomeye muri Shampiyona ya Basketball y’abagore muri Leta Zunze (…)

Umugore wa Trump yakoresheje Indirimbo ya Bad Bunny, bamwe bagwa mu kantu

Umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump, yakunze indirimbo ya Bad (…)

Kinshasa: Kiliziya Gatolika yagaragaje ko kwamagana u Rwanda bidashobora gukemura ibibazo bya RDC

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko (…)

Karongi: Mu mezi atatu abarenga 60 bakatiwe n’inkiko bazira ubucukuzi bunyuranyije n’amategeko

Abashoye imari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro babikora mu buryo bukurikije amategeko bavuga ko (…)