skol

Amakuru

Burundi: Hafunzwe imbonerakure 35 zizira gucuruza lisansi ya magendu

Abagize urubyiruko rw’Imbonerakure 35 mu Burundi bagiye kumara ibyumweru bibiri bafungiye kuri (…)

Kinshasa: Kiliziya Gatolika yahakanye gucuruza ukarisitiya mu isoko

Ubuyobozi bwa Arikidiyosezi Gatolika ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

I Burundi hagaragaye imirambo itatu ireremba mu mugezi wa Rusizi

Mu Ntara ya Bujumbura, muri Komine Cibitoke mu Burundi habonetse imirambo itatu mu mazi (…)

Nyabihu: Hakoreshejwe arenga miliyoni 200 Frw mu gusana ibiraro n’amateme byangijwe n’ibiza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko ibiza byibasiye aka karere muri Gicurasi 2023 (…)

Nangaa yaburiye ingabo za Leta ya RDC zikomeje ubugizi bwa nabi muri Uvira

Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa, yaburiye ihuriro ry’ingabo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa (…)

Andrew Mwenda yavuze ko abayobozi ba Uganda Airlines ari ‘abajura’

Umunyamakuru n’umusesenguzi w’ibya politiki muri Uganda, Andrew Mwenda, yavuze ko sosiyete (…)

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yavuze ko kuba iri Huriro ryakorana n’u Rwanda (…)

Perezida wa Nigeria yatangaje ko ameze neza nyuma y’uko yituye hasi ari muri Turkiya

Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yatangaje ko ameze neza nyuma yo guhubangana akagwa hasi (…)

U Rwanda rwasobanuye impamvu rwajyanye u Bwongereza mu nkiko

Guverinoma y’u Rwanda yashyize ahagaragara amakuru ashingiye ku mategeko n’ibimenyetso byatumye (…)

U Rwanda rwasabye Loni kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yasabye akanama kawo gashinzwe (…)

Abaturage basabwe kwirinda kwiherera mu gasozi

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko utugari 1.013 two mu turere two mu Rwanda cyane (…)

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’abo mu miryango yabo

Leta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na 19 bo mu miryango yabo, (…)

Rusizi: Imvura yangije hegitari zirenga 80 zihinzeho umuceri

Abayobozi ba Koperative z’abahinzi b’umuceri bakorera mu gishanga cya Bugarama mu Karere ka (…)

Google igiye kwishyura miliyoni 68$ kubera gufata amakuru y’abantu nta ruhushya

Google yageze ku masezerano y’ibanze yo kwishyura miliyoni 68$ mu rubanza yashinjwagamo (…)

Ingabo za Uganda zishobora guhagarika ubutumwa zimazemo imyaka 19 muri Somalia

Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Maj Gen Felix Kulayigye, yaciye amarenga ko ingabo z’iki (…)