skol

Amakuru

Abanyarwanda batuye i Arusha na Moshi muri Tanzania bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda

Abanyarwanda batuye i Arusha n’abatuye i Moshi muri Tanzania, bahuriye mu birori byo kwizihiza (…)

Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ko abashotora igihugu batuma kirwanirirwa

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko adatewe ubwoba n’abakomeje (…)

Umunye-Congo Denis Mukwege mu bakandida bashobora guhatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF

Umunye-Congo wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel mu 2018, Dr. Denis Mukwege, ashobora (…)

Amakuru mashya ku munyamakuru wa Siporo uzwi mu Rwanda

Umunyamakuru Nduwayezu Ndibyariye Jean de Dieu wamamaye nka Jado Max uzwi mu biganiro bya (…)

Sudan: I Khartoum hongeye kugwa indenge nyuma y’imyaka irenga ibiri

Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kuri iki Cyumweru, tariki ya 01 Gashyantare 2026, (…)

Icyemezo cya Keir Starmer cyo guhagarika kohereza abimukira mu Rwanda cyagaragajwe nk’ubugambanyi

Umuyobozi wo mu ishyaka ry’Aba-Consérvateurs ushinzwe gukurikirana ibijyanye n’umutekano (…)

Abantu babiri bananirwa kubana bate? Perezida Kagame ku makimbirane y’abashakanye

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri bashakanye bananiranwa kubana (…)

Ubutwari si amateka basoma gusa – Minisitiri Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène (…)

Rutsiro: Arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi amushukishije 100 Frw

Umusore w’imyaka 19 wo mu Karere ka Rutsiro arimo guhigwa bukware akekwaho gusambanya umwana (…)

Niba ibihano byakemura ibibazo bya RDC twabyakira ejo - Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko iyaba ibihano u (…)

Amazon iri mu biganiro byo gushora miliyari 50$ muri OpenAI

Amazon iri mu biganiro byo gushora ashobora kugera kuri 50 z’Amadolari ya Amerika muri OpenAI (…)

Rutsiro: Inkuba yakubise abantu 2 umwe arapfa

Mu Murenge wa Mukura, Akarere ka Rutsiro, mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo ku wa (…)

Perezida Trump yashyize Cuba mu kato

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ibihe bidasanzwe biha (…)

U Burundi bwavuze ko budateganya gufungura imipaka yabwo na RDC ndetse no kurekura impunzi z’Abanye-Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yatangaje ko igihugu cye (…)