skol

Amakuru

U Rwanda ntirushidikanya ku kutabogama kwa Amerika - Arthur Asiimwe ku bibazo byo muri RDC

Umuyobozi wungirije wa Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Arthur Asiimwe (…)

Côte d’Ivoire yamenyesheje Perezida wa Niger ko yarenze umurongo utukura yibasira Ouattara

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Côte d’Ivoire, Nialé Kaba, yahamagaje Ambasaderi wa Niger i (…)

Somalia, Kenya na Tanzania mu bihugu Epstein yanyuzagamo abakobwa ajya kubacuruza

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iherutse gushyira hanze inyandiko, amashusho n’amafoto bikubiye (…)

Norvège: Uwabaye Minisitiri w’Intebe yatangiye gukurikiranwa kubera dosiye ya Epstein

Thorbjorn Jagland wabaye Minisitiri w’Intebe muri Norvège yatangiye gukorwaho iperereza ku byaha (…)

Abarundi bagiye gutoza FDLR na Nyatura mu 2014- Guverineri Bahati wa Kivu y’Amajyaruguru

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga byinshi muri Gashyantare 2026

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Gashyantare 2026, mu (…)

Rubavu: Icukumbura ku bibazo byatumye abarimo Gitifu w’umurenge bakurwa mu kazi

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu, tariki 4 Gashyantare 2026, nibwo abakozi batatu b’Akarere ka Rubavu (…)

Abayungukamo menshi ntayo bacukura - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye ya RDC

Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu byirirwa bitoteza u Rwanda ngo rwiba amabuye y’agaciro ya (…)

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

Ghana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo (…)

Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Google yagaragajwe nk’amahitamo yizewe ku bashoramari

Abakurikiranira hafi iby’ikoranabuhanga by’umwihariko iry’ubwenge buhangano ‘AI’ ryagutse ku (…)

Ubukungu bwarazamutse, ishoramari n’ihangwa ry’imirimo biriyongera: Ibyo u Rwanda rumaze kugeraho muri NST2

Mu mwaka wa 2024/2025 ni bwo u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda ya kabiri y’imyaka (…)

Gen Muhoozi yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri Uganda

Umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za (…)

Musanze: Harifuzwa ko inyubako za Leta zavugururwa zikajyana n’icyerekezo

Igikorwa cyo kuvugurura Umujyi wa Musanze gikomeje gushimwa n’abaturage n’abashoramari, bavuga (…)

Ruhango: Hari kubakwa umuhanda Kibingo-Karambo-Buhoro

Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Kibingo-Karambo-Buhoro w’uburebure bwa kilometero 4,5 (…)