skol

Amakuru

Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, avuga ko u Rwanda (…)

Agezweho: Abanyanyarwanda baba muri UAE na Bahrain nta n’umwe uragirwaho ingaruka n’ibitero bya Iran

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko nta Munyarwanda uri muri iki (…)

Gusoma ibitabo bishobora gufasha abagororwa bo muri Brésil kugabanya igifungo bakatiwe

Brésil ni kimwe mu bihugu byo muri Amerika y’Amajyepfo byiganjemo abanyabyaha benshi. Gereza (…)

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam

Ingabo za Uganda ziri muri Somalia mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bugamije (…)

Menya amayeri akoreshwa mu butekamutwe buri gufata intera bwiganje mu birego byakirwa na RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko ibirego by’abantu baba bariganyijwe (…)

Ruhango: Abaturage n’abayobozi bunguranye inama ku byiciro bya Mituweli

Abageze mu zabukuru mu Karere ka Ruhango, babwiye umuyobozi w’Akarere ko ibyiciro by’amafaranga (…)

Nigeria: Abapolisi bane birukanwe burundu bazira uruhare mu rupfu rw’abacuruzi barindwi

Polisi ya Nigeria ikorera mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yirukanye ku kazi burundu abapolisi (…)

Museveni yavuze uburyo yakiriye Netanyahu akamubaza impamvu batemera Palestine nk’igihugu

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko yakiriye inshuro nyinshi Minisitiri (…)

Benin: Abasirikare 15 ba FAB biciwe mu gitero kidasanzwe cya JNIM

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 5 Werurwe, Umujyi wa Kofonou, hafi ya Karimama mu majyaruguru (…)

Gatsibo: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye hakekwa umugore we

Umugabo wari utuye mu Murenge wa Gitoki mu karere ka Gatsibo, yasanzwe amanitse mu mugozi (…)

Sudani y’Epfo yataye muri yombi abarimo abasirikare bakuru bakekwaho kwica abaturage

Igisirikare cya Sudani y’Epfo cyatangaje ko cyataye muri yombi abasirikare bacyo bakekwaho kwica (…)

Polisi yashimiye abaturarwanda uko bitwaye mu gihe cya Tour du Rwanda 2026

Kuva tariki ya 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe, mu Rwanda haberaga isiganwa ry’amagare (…)

Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump ubwo yakiraga ikipe ya Inter Miami (…)

Umunyamerika yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagize Umunyamerika James Swan (…)

Musenyeri Mbanda azakomeza kuyobora umuryango witandukanyije na Angilikani yo mu Bwongereza

Umuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Dr. Laurent Mbanda, azakomeza (…)