skol

Amakuru

Rutsiro: Abasenyewe n’ibiza bahawe inzu

Imiryango 23 yasenyewe n’ibiza mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro, yahawe inzu zigezweho (…)

Kimisagara: Umusekirite yakubise umugore utwite agwa igihumure

Umusekirite ukora mu nyubako y’inkundamahoro iherereye mu Murenge wa Kimisagara,Akarere ka (…)

Impamvu Justin Bieber yagiye ku rubyiniro yambaye umwenda w’imbere gusa

Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani mu birori byo gutanga ibihembo bya ‘Grammy’ nyuma yo kujya (…)

Mu nama yabereye muri Qatar, MONUSCO yasabwe kohereza ingabo muri Uvira

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar yatangaje ko mu nama yabereye muri iki gihugu ihuje (…)

U Burusiya bwashinje u Bufaransa umugambi mushya wo guhirika ubutegetsi bwinshi muri Afurika

Urwego rw’u Burusiya rushinzwe iperereza ryo mu mahanga, SVR, rwatangaje ko rufite amakuru (…)

Amb. Munyangaju yasabye Abanyarwanda gukomeza umurage barazwe n’Intwari z’u Rwanda

Ambasaderi w’u Rwanda muri Luxembourg, Aurore Mimosa Munyangaju, yasabye Abanyarwanda bose (…)

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ibinyoma byuzuye mu kiganiro cy’umugore wa Habyarimana

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko (…)

Uko Amerika irimo kureshya ibihugu bitatu byo muri Afurika bibanye neza n’Uburusiya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje impinduka ikomeye muri politiki yazo ku bihugu bitatu byo (…)

Alibaba igiye gushora miliyoni 431$ mu kwamamaza porogaramu yayo ya AI

Ikigo Alibaba cyatangaje ko kigiye gukoresha miliyari eshatu z’ama-Yuan [miliyoni 431$] mu (…)

Ubucuruzi, ikibazo cya FDLR n’ibiyobyabwenge byoherezwa mu Rwanda: Ikiganiro na Meya wa Goma

Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya (…)

Matata Ponyo: Ntewe ishema no kuba naranze gukorana na Tshisekedi

Matata Ponyo Mapon, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Iyo afunzwe, imusanga kuri kasho; Inka itangaje y’Umunyarwandakazi uba mu Burundi

Umunyarwandakazi Annonciata Mukagahutu umaze imyaka 42 mu Burundi yatangaje ko afite inka itajya (…)

Ingabo za Nigeria zishe umuyobozi wa Boko Haram

Ingabo za Nigeria zakoze igikorwa cya gisirikare cyo kurwanya inyeshyamba za Boko Haram mu (…)

Abanyarwanda baba mu Bushinwa basabwe kurangwa n’ubutwari

Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Bushinwa wasabwe kurangwa n’ubunyangamugayo, kwitanga (…)

U Bushinwa: Urubyiruko rwanze gushaka, ababyeyi bahangayitse

Mu Bushinwa, bamwe mu babyeyi baravugwaho gukoresha videwo zakozwe n’ubwenge bw’ubukorano (AI) (…)