skol

Amakuru

Umugore wa Tshisekedi yamusabiye amasengesho

Umugore wa Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise (…)

Gambia yifuza kurahura mu Rwanda imikorere y’urubuga ‘IremboGov’

Gambia yatangaje ko yiteguye kwigira ku mikorere y’urubuga IremboGov, mu gutanga serivisi za (…)

Stephen Patrick Mbundi yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa EAC

Inama rusange y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika (EAC) yashyizeho Amb. Stephen (…)

Ibihugu bya EAC bizajya bitanga imisanzu hashingiwe ku bushobozi bifite

Abakuru b’ibihugu na za guverinoma mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bafashe (…)

Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa imitwaro itari iyarwo

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruzikorera umutwaro warwo bityo ko rudakwiye kubazwa (…)

Ingabo za RDC zagabye igitero gikomeye muri Mushaki

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika (…)

U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane

U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire azoroshya imihahiranire hagati yarwo na Zimbabwe na (…)

Perezida Kagame yavuze kuri RDC yahaye rugari FDLR n’umuhungu wa Habyarimana

Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abo mu muryango wa Habyarimana cyane cyane umuhungu we (…)

U Rwanda rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yubahirije ibyo isabwa-Paul Kagame

Perezida Paul Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro arambye kandi rwiteguye gukuraho (…)

Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu

Imiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu (…)

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiye guhagararira Perezida Kagame mu nama ya EAC

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho yagiye (…)

Abanyarwanda bari muri UAE no muri Bahrain babishaka barafashwa gutaha

Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko irimo gukorana na (…)

Umuryango Mpuzamahanga uhangayikishijwe n’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC

Itsinda mpuzamahanga rikurikirana ibibazo byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (International Contact (…)

AFC/M23 yongeye gufata uduce twa Katala na Marundi muri Mwenga

Uduce twa Katala na Marundi duherereye muri Teritwari ya Mwenga Territory twongeye kujya mu (…)

Rusizi: RIB yasabye abatuye ku Nkombo kuba maso

Mu bukangurambaga bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu buri gukorwa n’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) (…)