skol

Amakuru

Ni ukwiyahura: RBC yakebuye abinangira bakanywa inzoga z’inkorano nkana

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyaburiye abantu bakomeza kwirengagiza nkana ingaruka (…)

Rulindo: Abasaza n’abakecuru b’imyaka isaga 75 bahagurikiye siporo ibarinda indwara z’izabukuru

Mu Karere Rulindo hari abakecuru n’abasaza bafite imyaka irenga 75 bagaragaza ko gukora siporo (…)

Nyagatare: Batewe ishema no guturira indake Perezida Kagame yabayemo

Abaturage b’ahitwa Gikoba mu Murenge wa Tabagwe ho mu Karere ka Nyagatare bavuga ko baterwa (…)

APR FC yatakaje amanota mbere yo guhura na Al Hilal SC

APR FC yanganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda (…)

FBI iri gukora iperereza kuri coup d’état yapfubye i Kinshasa

Urwego rw’ubugenzacyaha rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, FBI, ruri gukora iperereza ku (…)

Imbonerakure zakatiwe igifungo cy’umwaka, zizira kujya muri RDC zinyuze mu nzira z’ubusamo

Urukiko Rukuru rwa Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi ku wa 3 Gashyantare (…)

Perezida Macron yihanije uwamwise ‘kadahumeka’ kubera kuvuga ko ayoboye muri AI

Ku wa 04 Gashyantare 2026, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yanyujije ku rukuta rwe rwa (…)

Amerika ishaka ko intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya irangira muri Kamena 2026

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuza ko (…)

Visit Rwanda yakoreye igikorwa gikomeye muri Sitade ya Atletico Madrid muri Espagne

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, ibinyujije muri gahunda ya Visit Rwanda, yakoze igikorwa (…)

Inshuti ye yishwe areba, we ararokoka! Levixone, umwana wo kumuhanda wabaye icyamamare muri Uganda

Ubusanzwe yitwa Rubyogo Lucas, mu muziki azwi nka Levixone. Ni umuhanzi w’icyamamare mu muziki (…)

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jamaica yasuye iz’u Rwanda zagiye gutanga umusanzu

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jamayika (JDF), Vice Admiral Antonette Wemyss-Gorman, yasuye (…)

Uburwayi bwa ‘UTI’ bwibasira abagore bushobora gutera kubyara umwana ufite ibiro bike

Ese ujya ujya kwihagarika ukababara cyangwa ugahora wumva ushaka kujyayo ariko wagerayo (…)

Trump yanze gusaba imbabazi Obama ku bwo kumugereranya n’inguge

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko nta gahunda afite yo (…)

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa (…)

Hariana Verás, Umunyamakuru wiyambuye ubunyamwuga, agahinduka igikoresho cya Tshisekedi

Mu biganiro n’abanyamakuru byo muri White House birebana n’umugabane wa Afurika ntihaburamo (…)