skol

Amakuru

Perezida Salva Kiir yahaye inshingano umaze imyaka itanu apfuye

u wa 30 Mutarama 2026, Muri Sudani y’Epfo hasohotse iteka rya perezida, rishyira mu mwanya (…)

Obasanjo yasabye ko ibibazo byo muri RDC bikemurwa guhera mu mizi ya kera

Olusegun Obasanjo uri mu bahuza bashyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kugira ngo (…)

AFC/M23 yemeje ko yagabye igitero i Kisangani

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, yemeye kugabanya imisoro isoresha (…)

U Rwanda rugiye gutangiza ubundi buryo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘Brachythérapie’

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hagiye gutangira uburyo bwo (…)

U Rwanda rwoherereje Mozambique inkunga y’ibiribwa n’imiti

Guverinoma y’u Rwanda yoherereje Mozambique inkunga ya toni 20 z’ibiribwa n’imiti, igenewe (…)

Ghana yabaye ihagaritse gutanga ubwenegihugu ku bafite inkomoko muri Afurika

Mu myaka ya vuba aha ishize abarenga 1,000 baba mu mahanga ariko bafite inkomoko muri Afurika (…)

Somalia: Umugore yishwe arashwe nyuma yo gukatirwa urwo gupfa azira kwica umukobwa w’imyaka 14

Abategetsi mu ntara ya Puntland yo muri Somalia, bishe umugore wahamwe n’icyaha cyo kwica (…)

Jacob Zuma yagaragaye muri dosiye ya Jeffrey Epstein

Jacob Zuma wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo yagaragaye muri dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe (…)

Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga

Mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, haravugwa impfu z’abantu batatu barimo umugabo (…)

Kenya: Umuryango urashaka ibisubizo nyuma yuko mwenewabo warwaniraga Uburusiya yiciwe muri Ukraine

Umuryango wo muri Kenya urimo gushaka ibisubizo n’ubufasha bwo gutahukana umurambo wa mwenewabo (…)

RDC na AFC/M23 basinye amasezerano yo kugenzura agahenge

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umutwe wa AFC/M23 bashyize (…)

Gicumbi: Umugabo yishe umugore we amukubise umuhini w’isekuru

Umugabo witwa Byankundiye Emmanuel wo mu Murenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi yatawe muri yombi (…)

Rwamukwaya wafatiye amashusho RBA imyaka 26 yitabye Imana

Rwamukwaya Valens wabaye umunyamakuru mu myaka 38, harimo n’imyaka 26 yakoreye RBA ayifatira (…)

Ruhango: Batatu bapfuye undi ararembye, harakekwa inzoga basangiye

Abantu batatu bo mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango bapfuye bikekwa (…)