skol

Amakuru

Umunyamakuru w’i Burundi umaze imyaka ibiri afunze yafunguwe atarangije igihano ashyirirwaho nyirantarengwa

Umunyamakuru Sandra Aline Muhoza wo mu Gihugu cy’u Burundi wakatiwe gufungwa imyaka ine, (…)

Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko irimo gukorera ‘online’

Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko irimo gukorera ‘online’ “kubera uko umutekano (…)

Uwayoboye Rayon yashyize hanze ukuri ku isezera ry’abahoze mu buyobozi bwayo

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports F.C, Uwayezu Jean Fidèle, yashyize amabanga hanze asobanura (…)

Uwabaye mu gisirikare kirwanira mu mazi cya America yasohowe nabi n’abapolisi muri Sena kubera ibyo yavugiyemo

Brian McGinnis wahoze mu gisirikare kirwanira mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za America, yasohowe (…)

Perezida Trump na Netanyahu bateye ubwoba Ayatollah uzasimbura uherutse kwicwa

Ikiriyo cya Ayatollah Ali Khamenei cyahagaritswe, kandi ubwoba ni bwose ko umuyobozi w’ikirenga (…)

Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u (…)

Musanze: Kutagira amarimbi bituma bakora ingendo ndende bajya gushyingura i Nyabihu

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu Mirenge ya Busogo na Gataraga (…)

Ahagombaga kubakwa Gare ya Rutsiro harahinduwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko kubera imiterere y’akarere bwahisemo guhindura (…)

U Rwanda rugiye gutangiza ibigo bibiri bitanga serivisi z’ubuhuza butisunze inkiko

Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) yatangaje ko mu rwego rwo guteza imbere uburyo bwo gukemura (…)

WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza, abatabushaka bishyure 6.000 RWF buri kwezi

Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza (…)

Huye-Nyamagabe: Barishimira ko iteme ryari rigiye gutwarwa n’ibiza ryasanwe

Abakoresha umuhanda Huye-Nyamagabe barashima ko iteme riri mu gishanga cya KONFIGI (…)

TikTok yanze gukoresha uburyo burinda amakuru y’abayikoresha

TikTok yavuze ko itazashyiraho uburyo buzwi nka ‘end-to-end encryption: E2EE’ bukunze gukoreshwa (…)

Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yizeje Abanyarwanda baba muri iki Gihugu (…)

Barafinda yageze mu rukiko ntiyaburana! Uko iburanisha ry’urubanza ryagenze

Kuri uyu wa Gatatu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, haburanishijwe (…)

Cristiano Ronaldo yahunze

Indenge bwite ya Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia yavuye muri iki (…)