skol

Amakuru

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwinyuzemo mu rubanza bushinjamo Gen Yav gukorana n’u Rwanda

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu (…)

U Rwanda na Mexique byizihije imyaka 50 y’umubano utajegajega

U Rwanda na Mexique byizihije isabukuru y’imyaka 50 y’umubano w’ibihugu byombi, hishimirwa (…)

Imirwano ikomeye mu misozi ya Fizi – FARDC na Twirwaneho bararwanira Point-Zéro

Imirwano yabaye ku wa kabiri, ku wa gatatu no kuri uyu wa 29 Mutarama 2026, hagati y’ingabo za (…)

Rugahango: Yafashwe akwirakwiza ibiro bibiri by’urumogi

Umugabo w’imyaka 43 wo mu murenge wa Bweramana Akagari ka Rubona Umudugudu wa Masambu, Akarere (…)

Minisitiri Nduhungirehe yibukije Inteko ya EU ko nta bubasha ifite ku Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yibukije (…)

Amayeri FDLR ikoresha ngo idatsindwa

Nubwo umutwe wa M23 wagiye ugaragaza intsinzi zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira (…)

RCS yagaragaje ko Umugore iyo afunzwe asa nk’aho atereranywe

Komiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), DCG Rose Muhisoni, (…)

Nicki Minaj yavuze ko ntawe umurusha gukunda Trump

Ku wa 28 Mutarama 2026, Nicki Minaj yatangarije Isi urwo akunda Perezida Donald Trump, avuga ko (…)

Abajyanama 21 ba Perezida Ruto ntibumva uko bagiye kwirukanwa

Abajyanama 21 ba Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, basabye Urukiko Rukuru rwa Nairobi (…)

Nyabihu: Umuhanda Bigogwe– Arusha wahinduye ubuzima bw’abahinzi n’aborozi

Abaturage bo mu nzuri za Gishwati, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko (…)

Hamenyekanye igihe inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 izabera

Guhera tariki ya 5 Gashyantare kugeza ku ya 6 Gashyantare 2026, Hategerejwe Inama y’Igihugu (…)

Umuvunyi Mukuru w’u Burundi ahangayikishijwe n’abamutera ubwoba

Umuvunyi Mukuru w’u Burundi, Aimée-Laurentine Kanyana, yamenyesheje abagize Inteko Ishinga (…)

Huye: Inkuba yishe umugabo, ikomeretsa umugore

Ku mugoroba wo ku wa 28 Mutarama, umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Kinazi, (…)

RED Tabara yahakanye gukorana n’u Rwanda, M23 no kugerageza coup d’état mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wanyomoje Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, (…)

Karongi: Inkuba yishe umwana w’imyaka itandatu, ababyeyi be bagwa igihumure

Umwana w’imyaka itandatu wo mu Karere ka Karongi yakubiswe n’inkuba arapfa, ababyeyi be bagwa (…)