skol

Amakuru

U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?

Ibihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri (…)

Umusirikare wa RDC azamara imyaka 20 akora adahembwa kubera amashusho yafatiye ku rugamba

Urukiko rwa gisirikare rwa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye (…)

Muri Australia itegeko ryo kubuza abana imbuga nkoranyambaga ryakuruye impaka

Guverinoma ya Australia yafashe icyemezo gikomeye cyo kubuza abana bari munsi y’imyaka 16 (…)

Umunyamerika yavuze ko FDLR idakwiye kwemererwa gukorera mu burasirazuba bwa RDC

Umwe mu bayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Min. Ugirashebuja yabwiye umuhungu wa Victoire Ingabire ko nyina azabona ubutabera

Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda, Dr Emmanuel Ugirashebuja, yongeye gushimangira ko igihugu (…)

Umudepite w’Amerika yavuze ko igisubizo ku ntambara ya Congo ari ugushyira M23 mu nzego z’umutekano za leta

Umudepite uhagarariye leta ya Texas mu nteko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko (…)

Uganda: Umudepite wo mu ishyaka rya Bobi Wine yatawe muri yombi

Kuri uyu wa 22 Mutarama 2026, igipolisi cya Uganda cyatangaje ko cyafunze umudepite Muwanga (…)

Ryanair yishongoye kuri Elon Musk wavuze ko ashaka kuyigura

Umuyobozi Mukuru wa sosiyete y’indege ya Ryanair iri mu zikomeye ku mugabane w’u Burayi, Michael (…)

Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

Umuhuzabikorwa mu bya gisirikare w’Ihuriro AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga yibukije abayobozi (…)

Abenshi bo mu muryango wa Nangaa barafunzwe, abandi barahunze

Abantu benshi bo mu muryango w’umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika (…)

Israheli yagabye ibitero ku mipaka ya Libani na Syria

Ibitero Isiraheli yagabye ku mipaka ine ya Libani na Syria, byishe abantu babiri aho yabigabye (…)

Prof. Duclert yavuze ko Afite impungenge ko abazasimbura Macro bazasenya ibyubatswe mu mubano n’u Rwanda

Umushakashatsi w’Umufaransa wagaragaje uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu (…)

Haravugwa ikibazo cyateye ihungabana rikomeye ry’uburezi mu Burundi

Urwego rw’uburezi mu Gihugu cy’u Burundi ruravugwamo ihungabana ryatewe n’abarimu benshi bataye (…)

Palestine: Abanyamakuru batatu baguye mu gitero Israel yagabye

Ibitero by’igisirikare cya Israel byahitanye Abanya-Palestine 11 barimo abanyamakuru batatu muri (…)

Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

Minisitiri wa Siporo n’Imyidagaduro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier (…)