skol

Imyidagaduro

Abantu 503 bakiriye agakiza mu gitaramo cya Richard Nick Ngendahayo, ateguza ikindi i Kigali

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko abantu 503 bakiriye Yesu Kristo nk’Umwami (…)

France Mpundu wahagarariye u Rwanda mu marushanwa ya ‘Secret Story’ yageze i Kigali

France Mpundu wabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye mu marushanwa ‘Secret Story’ yabereye muri (…)

Nyuma y’imyaka 18 muri kaminuza, Master Fire yarongoye

Nyuma yo gushyira ku ruhande ibijyanye na n’amasomo ya kaminuza yamazemo imyaka 18, Hakizimana (…)

Kecapu na Bamenya begukanye imodoka muri Mashariki

Mukayizeri Djalia wamenyekanye nka Kecapu na Benimana Ramadhan wamamaye nka Bamenya, begukanye (…)

CAF yahannye Umurundi Girumugisha wateje imvururu muri Stade Amahoro

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yahagaritse rutahizamu w’ikipe ya Al (…)

Micky na Ag Promoter basezeranye mu mategeko [AMAFOTO]

Umukinnyi wa filime Mukobwajana Asifiwe, uzwi cyane ku izina rya Micky, yasezeranye mu mategeko (…)

Simon Cowell yahakanye uruhare mu rupfu rwa Liam Payne

Simon Cowell wamamaye nk’umwe mu bayobozi b’akanama nkemurampaka mu marushanwa atandukanye (…)

Tems yazinutswe gutaramira muri Uganda nyuma yo kuhafungirwa

Mu gihe benshi mu bahanzi bo muri Afurika bakomeje gufata Uganda nk’isoko y’abafana bishimira (…)

Mario yatunguwe n’umugore wamukoze ku bugabo mu gitaramo i Toronto

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, Mario, yahuye n’ikintu giteye amatsiko kandi (…)

Ahazabera ubukwe bwa Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez hamenyekanye

Ubukwe bwa rutahizamu Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodríguez, bushobora kubera ku (…)

Burna Boy wahuriye n’uruva gusenya muri Houston, yahorejwe amarira muri Dallas

Burna Boy uherutse guhurira n’uruva gusenya mu Mujyi wa Houston muri Leta ya Texas aho yakoreye (…)

Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa

Umuherwekazi Zari Hassan uzwi nka Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga yabwiye umugabo we Shakib (…)

Uwatorewe guhagararira Afurika muri Miss Universe 2025 yeguye nyuma y’iminsi itatu

Olivia Yacé, umukobwa w’Umunya-Côte d’Ivoire wabaye igisonga cya kane (4th Runner-Up) mu (…)

Kevin Hart yanyujije kuri Netfilx bimwe mu byabaye ubwo yasuraga ingagi mu Birunga

Umukinnyi wa filime akaba n’umunyarwenya Mpuzamahanga, Kevin Hart, yashyize hanze igice cya (…)

U Rwanda rwasezerewe muri CECAFA U 17 rutarenze amatsinda

Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe n’iya Somalia ibitego 3-0 mu mukino wa gatatu (…)