skol

Imyidagaduro

Taylor Swift yatanze arenga Miliyoni 145 Frw yo gufasha umwana urwaye kanseri

Umuririmbyi w’icyamamare ku isi, Taylor Swift, yongeye kugaragaza umutima w’urukundo n’impuhwe (…)

Nyuma y’inzu yavugishije benshi, Miss Mutesi Jolly yaguze imodoka ya Miliyoni 436 Frw

Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo (…)

Kitoko na Davido bagiye guhurira i Kigali mu gitaramo gikomeye cyatewe inkunga na SKOL

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Kitoko Bibarwa [Kitoko] agiye kongera kuririmbira imbere y’abafana be (…)

Ngirira ishyari ryiza ubuyobozi bwanyu-Bien avuga kuri Perezida Kagame

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Bien-Aimé Baraza wamamaye nka Bien mu muziki, yagaragaje ko kubera (…)

Snoop Dogg ashyigikiye filime zirimo abaryamana bahuje ibitsina

Umuraperi Calvin Cordozar Broadus Jr., uzwi cyane ku izina rya Snoop Dogg, yongeye kugarukwaho (…)

Eminem aravugwa mu rukundo n’umukobwa umwambika

Umuraperi Marshall Bruce Mathers III wamamaye nka Eminem ari kuvugwa mu rukundo n’umukobwa witwa (…)

Jennifer Lopez wakundanye n’abagabo umunani yavuze ku gituma adahirwa n’urushako

Jennifer Lopez yegetse ibyo kudahirwa n’urushako ku bagabo bakundanye, agaragaza ko nta n’umwe (…)

Kitoko agiye kugaruka gutura mu Rwanda

Umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo ndetse n’umwe mu bahanzi b’amazina akomeye mu muziki (…)

Tom Cruise aravugwa mu rukundo n’inkumi arusha imyaka 26

Nyuma y’amezi make bari bamaze bakundana, abakinnyi ba filime, Tom Cruise na Ana de Armas, (…)

Ni igihugu cyiza nahakunze - Lydia Jazmine wageze bwa mbere mu Rwanda

Lydia Jazmine uri mu bahanzi bagezweho muri Uganda, yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 15 (…)

Kim Kardashian yashyize umucyo ku cyatumye atandukana na Kanye West

Kim Kardashian yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro ari byo (…)

ChatGPT igiye kujya yerekana ibitera irari ry’ubusambanyi

Ubuyobozi bw’ikigo OpenAI kigenzura urubuga ChatGPT bwatangaje ko buteganya kujya bushyiraho (…)

Noneho urishimye – Nick Minaj yongeye guhagarika umuziki abyegeka kuri Jay Z

Umuraperikazi Nicki Minaj, yongeye gutera impungenge abafana be nyuma yo gushyira ubutumwa kuri (…)

Davido agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyatewe inkunga na SKOL Malt

Davido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be (…)

Havutse intonganya mu rugo rwa Marioo kubera indirimbo ye na Element

Paula Kajala, umugore w’umuhanzi w’Umunya-Tanzania, Marioo yagaragaje ko amashusho y’indirimbo (…)