skol

Imyidagaduro

P Diddy arasaba guhindurirwa gereza afungiyemo

Sean “Diddy” Combs ukiri mu gihome nyuma y’uko Urukiko rwa Manhattan rumukatiye igifungo (…)

Camarade wa FERWAFA yajuririye icyemezo kimufunga by’agateganyo

Kalisa Adolphe wamenyekanye nka ‘Camarade’ wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe (…)

France Mpundu yabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye muri ‘Secret Story’

Umuhanzi France Mpundu uri kubarizwa muri Afurika y’Epfo yabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye (…)

Igisubizo cya Trump ku mbabazi yasabwe na P Diddy uherutse gukatirwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuhanzi w’icyamamare Sean (…)

Taylor Swift yahakanye ibyo guhagarika umuziki nyuma y’ubukwe

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Taylor Swift, yatangaje ko atazigera ava mu muziki n’ubwo (…)

Element EleéeH yerekeje muri Tanzania kurangiza umushinga w’indirimbo ye na Marioo

Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, Element EleéeH ari kubarizwa muri Tanzania, aho yagiye (…)

Judith watandukanye na Safi Madiba aritegura kubyara uwa kabiri

Niyonizera Judith wamenyekanye mu myidagaduro yo mu Rwanda kubera umubano yahozemo n’umuhanzi (…)

Ibyo wasigarana ku gitaramo cy’amateka Israel Mbonyi yamurikiyemo Album ya gatanu [AMAFOTO]

Mu ijoro ryo ku wa 5 Ukwakira 2025 mu Intare Conference Arena, Israel Mbonyi yamuritse album ye (…)

Havutse impungenge nyuma y’uko Itorero rya Anglican ry’u Bwongereza ritoye umuyobozi ushyigikiye ubutinganyi

Umuryango mpuzamahanga w’Abangilikani uzwi nka GAFCON (Global Anglican Future Conference) (…)

Rihanna yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma yo kwibaruka ubuheture [AMAFOTO]

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi akaba n’umushabitsi ukomeye mu bijyanye n’imideli, Rihanna, (…)

Mr Eazi yahishuye ko arota kuzaba Perezida

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats akaba n’umushoramari, Oluwatosin Ajibade, uzwi (…)

TMC agiye gusohora indirimbo nshya nyuma y’imyaka ine

Nyuma y’imyaka ine adasohora indirimbo nshya, Mujyanama Claude wamenyekanye nka TMC mu itsinda (…)

Sean ’Diddy’ Combs yakatiwe igifungo cy’amezi 50

Umuraperi w’icyamamare Sean “Diddy” Combs, w’imyaka 55, yakatiwe n’urukiko rwo muri Leta Zunze (…)

Boukuru agiye gutaramira muri Afurika y’Epfo

Boukuru Christiane ni umwe mu bahanzi bazasusurutsa abazitabira ‘Acces Festival’, iserukiramuco (…)

Umunyamakuru Titouan yongeye kumwenyura nyuma yo kubona ba ‘Ganza’ yakuye i Kigali

Umunyamakuru w’Umufaransa, Titouan Laurent, yagaragaje ko ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo (…)