skol

Imyidagaduro

Davido yahishuye uko habuze gato ngo ahagarike umuziki

Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido, yahishuye ko yari (…)

Vestine na Dorcas bagiye gutaramira muri Canada

Itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine na Kamikazi (…)

Jennifer Lopez yahishuye ko yungukiye mu gutandukana na Ben Affleck

Umuririmbyi akaba n’umukinnyi wa filime, Jennifer Lopez, yavuze ko gutandukana na Ben Affleck (…)

Don Jazzy atungurwa no kuba akiri ingaragu ku myaka 42

Umushoramari mu muziki wa Nigeria akaba nyiri Mavin Records, Don Jazzy yavuze ko atiyumvishaga (…)

Francis Ngannou ategerejwe i Kigali

Umunyabigwi mu mukino w’Iteramakofe, Francis Ngannou, ategerejwe i Kigali aho azaba yitabiriye (…)

Tyla yifatiye ku gahanga Tiwa Savage wihaye kumusabira imbabazi

Umuririmbyi w’umunya Afurika y’Epfo watsindiye igihembo cya Grammy, Tyla, yatangaje ku (…)

Eddy Kenzo yahamije ko uwo yakuze yita se atari we

Umuhanzi wo muri Uganda Eddy Kenzo, yatangaje ko Hassan yakuze azi ko ari we se yaje (…)

Rema na Ayra Starr basomaniye ku rubyiniro bitiza umurindi inkuru z’urukundo rwabo

Abahanzi b’Abanya-Nigeria bakomeye mu njyana ya Afrobeats, Rema na Ayra Starr, bongeye kuvugisha (…)

Uganda: Eddy Kenzo yasabye ko amasaha y’ibitaramo yakongerwa

Umuhanzi w’icyamamare mpuzamahanga akaba n’Umuyobozi wa Uganda National Musicians Federation (…)

Dolly Parton yasubitse ibitaramo yari afite kubera ibibazo by’ubuzima

Umuhanzikazi w’icyamamare muri muzika ya country, Dolly Parton, yatangaje ko yasubitse ibitaramo (…)

Taylor Swift yongeye kugaragara kuri Stade ashyigikiye umukunzi we

Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kugaragaza uburyo akomeje kuba hafi y’umukunzi we (…)

Tadej Pogacar yisubirije umudali wa Zahabu n’ikuzo i Kigali

Umunya-Slovenie, Tadej Pogacar, yisubije umudali wa Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, (…)

Museveni yatangaje ko Eddy Kenzo ari umuhungu w’umusirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ku wa Gatandatu yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru (…)

Sean “Diddy” Combs ashobora gufungwa imyaka 20 cyangwa akarekurwa vuba

Umugwizatunga ukomeye mu muziki wa Hip-Hop, Sean “Diddy” Combs, ari mu gihe gikomeye cyane aho (…)

Twinjirane mu buryohe bw’umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare [AMAFOTO]

Shampiyona y’Isi y’Amagare, imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, irasatira umusozo. Ubu, amaso (…)