skol

Imyidagaduro

Icyamamare IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda

Umunyamakuru wo ku mbuga nkoranyambaga bizwi (livestreamer) Darren Jason Watkins Jr., uzwi ku (…)

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Michel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe (…)

Umupasiteri yajyanywe mu bitaro nyuma yo gushaka guca agahigo ko guhobera igiti amasaha 80

Pasiteri Jimmy Irungu wo mu gace ka Murang’a muri Kenya, yajyanywe kwa muganga igitaraganya (…)

Matt Kalil agiye kurega uwari umugore we wavuze ko batandukanye kubera ubunini bw’igitsina cye

Uwahoze ari umukinnyi muri NFL, Matt Kalil, yatangaje ko agiye kurega uwahoze ari umugore we (…)

2025, umwaka washaririye Shaddy Boo mu nguni zose

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yagaragaje ko umwaka wa 2025, wamushaririye akagera aho (…)

IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda

Umunyamerika umaze kuba icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yatangaje ko mu rugendo (…)

DJ TOXXYK imbere y‘ubutabera: Ibyaha bine n‘ibihano byabyo

Umuhanga mu kuvangavanga imiziki, Arnold Ishimwe uzwi nka Dj Toxxyk uherutse gutabwa muri yombi (…)

Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko

Arnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk wubatse izina mu kuvanga imiziki agiye kugezwa imbere (…)

Liam Rosenior yagizwe Umutoza mushya wa Chelsea

Umwongereza Liam Rosenior watozaga ikipe ya Strasbourg, yatangaje ko agiye gutoza Chelsea FC yo (…)

Massamba yagiye gutarama mu birori by’Igikombe cya Afurika muri Maroc

Umuhanzi uri mu bakomeye mu muziki gakondo nyarwanda, Massamba Intore, yerekeje mu gihugu cya (…)

Urukiko rwemeje ko Djihad n’abo bareganwa bakomeza gufungwa

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, (…)

Bruce Melodie yahishuye ko Yemi Alade yamusabye ko bakorana indirimbo; anakomoza ku marira ya The Ben

Bruce Melodie yahishuye ko Yemi Alade yamusabye ko bakorana indirimbo nyuma yo kumva iyo (…)

Ruben Amorim yirukanywe muri Manchetser United

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko yirukanye Rúben Amorim wari Umutoza Mukuru wayo kubera (…)

Impano iruta izindi mu buzima! Miss Naomie yabwiwe amagambo asize umunyu n’umugabo we ku isabukuru ye

Michael Tesfay yizihije isabukuru y’umugore we Miss Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020, (…)

Bill Ruzima yabaye umurokore nyuma yo kwigobotora ibiyobyabwenge

Umuhanzi Bill Ruzima, watawe muri yombi afite ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi, akoherezwa (…)