skol

Imyidagaduro

Mariya Yohana na Muyango bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu hizihizwa ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda

Abahanzi b’inararibonye mu muziki nyarwanda, Mariya Yohana na Muyango Jean Marie, bagiye kongera (…)

Umusore w’i Kayonza, bikekwa ko yiyahuye kubera Rayon Sports yanyagiwe na APR FC

Umusore w’imyaka 26 wari usanzwe atuye mu Karere ka Kayonza yasanzwe amanitse mu gisenge cy’inzu (…)

Element ni we Munyarwanda uzaba ikirangirire ku Isi- Tom Close

Tom Close uri mu bahanzi bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda yahamije ko Element EleéeH ariwe (…)

Yapfiriye mu mpanuka y’indege amaze iminsi mike abirose

Umuhanzi w’icyamamare muri Colombia, Yeison Jiménez, yapfiriye mu mpanuka y’indege yabaye ku wa (…)

Ijambo ‘Nyash’ ryashyizwe mu nkoranyamagambo ya Oxford

Ijambo ‘Nyash’ rimaze kumenyerwa cyane mu bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati, (…)

Korali Alliance ADEPR Gisenyi yakanguriye abantu kurushaho kwegera Imana [VIDEO]

Korali Alliance ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gisenyi ikundwa cyane kubera indirimbo yayo (…)

IShowSpeed yasize inkuru i Kigali

IShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga uri mu Rwanda, yagaragarijwe (…)

IShowSpeed yasusurukije abafana muri Stade Amahoro

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, uri mu Rwanda, yageze muri Stade (…)

Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400

Ikigo cya iPolish gikora inzara, cyakoze inzara zishobora guhindurirwa ibara bidasabye ko umuntu (…)

The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yageneye abakunzi b’umuziki we ubutumwa bw’ishimwe ku (…)

IShowSpeed yasuye ingagi mu Birunga

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, yasuye ingagi mu Birunga mu (…)

IShowSpeed yageze mu Rwanda mu ibanga rikomeye

IShowSpeed yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026 avuye muri Zambia, asohoka ku (…)

Trump yongeye kwihakana igitekerezo cyo kubabarira P. Diddy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutera utwatsi ibyifuzo byo (…)

The Ben yasangiye n’abatishoboye ku isabukuru ye

Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben aherekejwe n’umugore we Uwicyeza Pamella, yagiye (…)

Grok yifashishijwe mu kwambika ubusa abagore, biteza impagarara

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Bufaransa no mu bice bitandukanye by’Is bamaganye bikomeye (…)