skol

Imyidagaduro

IShowSpeed yasusurukije abafana muri Stade Amahoro

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, uri mu Rwanda, yageze muri Stade (…)

Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400

Ikigo cya iPolish gikora inzara, cyakoze inzara zishobora guhindurirwa ibara bidasabye ko umuntu (…)

The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yageneye abakunzi b’umuziki we ubutumwa bw’ishimwe ku (…)

IShowSpeed yasuye ingagi mu Birunga

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, yasuye ingagi mu Birunga mu (…)

IShowSpeed yageze mu Rwanda mu ibanga rikomeye

IShowSpeed yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026 avuye muri Zambia, asohoka ku (…)

Trump yongeye kwihakana igitekerezo cyo kubabarira P. Diddy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutera utwatsi ibyifuzo byo (…)

The Ben yasangiye n’abatishoboye ku isabukuru ye

Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben aherekejwe n’umugore we Uwicyeza Pamella, yagiye (…)

Grok yifashishijwe mu kwambika ubusa abagore, biteza impagarara

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Bufaransa no mu bice bitandukanye by’Is bamaganye bikomeye (…)

France Mpundu agiye gukora igitaramo cya mbere, byitezwe ko kizanitabirwa na Moctar

France Mpundu uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yateguje igitaramo cye cya mbere (…)

Mc Kats yatabarije Fille Mutoni urembeye mu bitaro

MC Kats yatabarije umukunzi we Fille Mutoni nyuma yo gusangiza amafoto ye yamugaragazaga (…)

Ubukene buranuma mu bakozi ba Diddy

Bamwe mu bakozi b’icyamamare mu muziki Sean “Diddy” Combs bagaragaza ko mu gihe uyu mugabo (…)

Umunyamakuru Tessy n’umuraperi Shizzo basezeranye imbere y’amategeko – AMAFOTO

Kuri uyu wa Kane, umunyamakuru Kayitesi Yvonne uzwi nka Tessy yasezeranye imbere y’amategeko y’u (…)

Element yahuye na Harmonize na Falz wakoranye na Nick Minaj

Element uri kubarizwa mu gihugu cya Nigeria aho yitabiriye ibihembo bya Afrima, yahuriyeyo na (…)

Umutoza wa Tottenham wanywereye ikawa mu gikombe cya Arsenal yateje induru

Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba (…)

Tennis: Aryna Sabalenka ntazakina amwe mu marushanwa ya 2026

Nimero ya mbere ku Isi muri Tennis y’abagore, Aryna Sabalenka, yatangaje ko amarushanwa menshi (…)