skol

Imyidagaduro

“Nyuma nanapfushije umwana”: Yampano avuga ko ari mu bihe bigoye

Yampano yahishuye ko mu gihe hajyaga hanze amashusho ye ari gutera akabariro n’umukobwa (…)

Isimbi Model yibarutse umukobwa

Isimbi Vestine wamamaye nka Isimbi Model n’umugabo we, Shaul Hatzir, bari mu byishimo nyuma yo (…)

BK Arena yuzuye ibyishimo mu gitaramo cya Shenseea na Mavado

Mu ijoro ryo ku wa 3 Mutarama 2026, abahanzi bakomeye baturuka muri Jamaica, Shenseea na Mavado, (…)

Nyuma y’andi mashusho y’urukozasoni, Yampano yaciye amarenga ko yatandukanye n’umukunzi we

Nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye (…)

Umunyamakuru Taikun Ndahiro yafunguwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko umunyamakuru Emmanuel Ndahiro uzwi ku izina rya (…)

Mwuka wera yatashye mu mitima y’Abanyarwanda, binjirana mu 2026

Mu nsengero zitandukanye mu Mujyi wa Kigali, Abanyarwanda bahisemo gusenga bashima Imana ibyo (…)

Perezida wa Nigeria yavuze ku mpanuka yaguyemo inshuti za Anthony Joshua

Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje ko abaguye mu mpanuka Anthony Joshua (…)

Indirimbo yatumye akunda Bruce Melodie ku rwego rwo kumwiyandikaho mu mugongo

Irahoza Agape usanzwe ari umufana wa Bruce Melodie aherutse kuvugisha abatari bake nyuma y’uko (…)

Undi mugabo yashinje Tyler Perry kumufata ku ngufu

Umukinnyi wa filimi w’Umunyamerika Mario Rodriguez yareze Tyler Perry uzwi mu kwandika filimi no (…)

CAN 2025: Abafana binjiriraga ubuntu bacukijwe

Komite ishinzwe imigendekere myiza y’Igikombe cya Afurika cya 2025 mu Mujyi wa Agadir muri (…)

Ruhago y’Abagore: Uwatozaga Forever WFC yatandukanye na yo

Habimana Nuru wari umaze imyaka isaga ari umutoza wa Forever WFC, yamaze gutandukana na yo nyuma (…)

Bruce Melodie yashimiye Minisitiri Nduhungirehe anavuga ku ndirimbo ya The Ben ikomeje kuvugisha benshi

Bruce Melodie yashimiye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier (…)

Yampano yagarutse i Kigali

Umuririmbyi Uworizagwira Florien, uzwi mu muziki nka Yampano, yagarutse i Kigali nyuma y’iminsi (…)

Perezida Kagame na Gianni Infantino bitabiriye FIFA Football Clinic/Festival

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Gianni Infantino uyobora ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (…)

Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko (…)