skol

Imyidagaduro

Nasty C yahishuye icyatumye asezera ku nzoga

Umuraperi w’icyamamare wo muri Afurika y’Epfo, Nasty C, yagaragaje ubuzima bushya yihitiyemo (…)

Nick Cannon yahishuye ko Mariah Carey yamuteye ihungabana ryo kubyara abana benshi

Umukinnyi wa filimi w’umunyarwenya, umuririmbyi n’umunyamakuru w’Umunyamerika, Nick Cannon, (…)

Umutoza Cheikh Sarr yatandukanye n’Ikipe y’Igihugu ya Basketball

Umutoza Dr Cheikh Sarr yatandukanye n’Ikipe y’Igihugu ya Basketball nyuma yo gusesa amasezerano (…)

Tiwa Savage yahishuye igikomere yatewe n’icyamamare bakundanye

Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeat, Tiwa Savage, yongeye gutungura abakunzi be ubwo (…)

Abazahagararira u Bwongereza muri Shampiyona y’Isi y’Amagare bateze indege ya RwandAir

Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yo gusiganwa ku magare, izahatana muri Shampiyona y’Isi ya 2025, (…)

Cardi B n’umukunzi mushya baritegura kwibaruka

Umuraperikazi w’icyamamare Cardi B yongeye gutungurana, nyuma yo gutsinda urubanza aherutse (…)

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Umuhanzi Niyo Bosco uherutse kugaragaza umukunzi we, yamwambitse impeta amusaba ko (…)

Bruno-K yazirikanye Gogo mu gitaramo yaririmbyemo

Umuhanzi wo muri Uganda Bruno K, uherutse mu Rwanda ubwo yari yitabiriye umuhango wo gushyingura (…)

Robert Redford w’ibigwi bihambaye muri Sinema yitabye Imana

Robert Redford, umwe mu banyabigwi ba sinema ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uzwi cyane muri (…)

Tiwa Savage arifuza kubyara abana benshi b’abahungu

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Afrobeats, Tiwa Savage, yatangaje ko afite inyota yo kongera (…)

Tadej Pogačar yagaragaje inyota yo kwegukana isiganwa mu Rwanda

Umunya-Slovenia, Tadej Pogačar, wegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare iheruka yagaragaje inyoto (…)

Ukekwaho kwiba indirimbo za Beyoncé zitarajya hanze yafashwe

Polisi yo mu Mujyi wa Atlanta muri Leta ya Georgia yatangaje ko yafashe Kelvin Evans, (…)

Joshua Baraka yatunguwe n’imfura ya DJ Pius yamucurangiye indirimbo ‘Wrong Places’

Yuhi Abriel cyangwa se Yuhi wa Rukabu akaba imfura ya DJ Pius aherutse gutungura Joshua Baraka (…)

Eddy Kenzo yatangaje ko yemereye Bobi Wine gusubira ku rubyiniro yaba ari ‘ikigoryi’

Umuhanzi akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Eddy Kenzo, yatangaje ko atabona (…)

Miss Muyango yasimbujwe ku Isibo TV

Miss Muyango wari umaze igihe akora ku Isibo TV mu kiganiro ‘Take over’ yasimbujwe Khadidja Nino (…)